Umuryango wa Augustin Kamegeri uratabaza. Nyuma y’inkuru yatangajwe na The Rwandan ku izimira ry’umukozi w’inzego z’iperereza z’u Rwanda NISS witwa Olivier Maniriho umuryango w’umucuruzi witwa Augustin Kamegeri nawo uratabaza kuko abo muri uwo muryango bavuga ko Augustin Kamegeri yaba yaraburiye rimwe na Olivier Maniriho! Mu butumwa twagejejweho n’umuryango wa Augustin Kamegeri, havugwamo ko Bwana Kamegeri […]