Kuri uyu munsi mwiza w’ uwa 1 Nyakanga 2014, turizihiza imyaka 52 U Rwanda rubonye ubwigenge. Ariko ubu banshi baribaza koko niba u Rwanda ruri mu bwigenge cyangwa ku ngoyi. Baribaza niba koko kuri iriya tariki mu w’i 1962, abanyarwanda barabonye ubwigenge, cyangwa barapfunyikiwe amazi. U Rwanda ubwarwo rufite amateka rwihariye, kuko twebwe iwacu I […]