Nkuko biteganyijwe mu ntangiriro z’ukwezi gutaha, mu mugi wa Buruseli mu gihugu cy’Ububiligi, hazateranira inama mpuzamahanga izahuza umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi n’ibihugu by’Afrika. Iyi nama izatangira ku itariki ya 2 mata ikazarangira ku ya 3, 2014, izitabirwa n’abakuru b’ibihugu hafi ya byose by’Afrika, harimo na Paul Kagame w’u Rwanda. Mu muco wa FPR, bimaze kumenyerwa […]