Nyuma y’aho umuhanzi Kizito Mihigo asohoreye indirimbo idasanzwe, yise « Igisobanuro cy’urupfu », abantu benshi baravuze bati, noneho habonetse umuntu utinyuka kubwira FPR ko akababaro k’abanyarwanda bose kangana. None muri DMI bamaze kubona ko aribo babwirwa bamutumaho wa muzindaro wabo witwa « igihe.com » ngo umuhate ibibazo. Ese aho azakira bariya bicanyi cyangwa nawe agiye kuba ikigarasha nk’ibindi byose? […]