Mandela, umukambwe wo muri Afrika y’Epfo yitabye Imana afite imyaka 95 y’amavuko ku italiki 05 Ukuboza 2013.Uwo musaza bitaga TATA Madiba (Nelson Rolihlahla Mandela), yarwanije ubutegetsi bw’ivanguramoko: Apartheid. Ubwo butegetsi bw’abazungu bwavanguye Abirabura (rubanda nyamwinshi) n’Abazungu (nyamuke) imyaka n’imyaka. Muri iryo vanguramoko, abazungu bigaruriye amasambu yera cyane 70%, maze abirabura babasigira ibiharabuge, bingana na 30% […]