Tubanje gushimira cyane abasomyi b’Ikaze Iwacu aho bari ku isi hose, uburyo baduteye akanyabugabo muri uyu mwaka wa 2013 turi hafi gusoza. Turashimira by’umwihariko aba correspondants bose, mukomereze aho akazi mukora abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga baragashima cyane. MUZAGIRE NOHELI NZIZA, UMWAKA MUSHYA WA 2014 UZADUHISHURIRE N’ANDI MAKURU AKIRI AMABANGA. Mu gusoza ubu butumwa bwo gushimira, twagira […]