Nyuma y’aho abasirikari barenga 200 ba Uganda bapfiriye mu gico baguyemo hafi y’umugi wa Bor muri Sudani y’epfo, aho intambara zikomeje kurikoroza, Yoweri Museveni, wigize umucuzi w’intambara mu karere k’ibiyaga bigari by’Afrika yiyemeje kohereza ingabo ze zirwanira mu kirere, ubu ziri gutwika abanyasudani. Amakuru aturuka muri Sudani y’epfo aravuga ko hari abaganda barenga 1000, baheze […]