IKAZE IWACU yifuje kubagezaho iri tangazo kugira ngo murinde umutekano wanyu hato hatazagira ugwa mu ruzi arwita ikiziba. Iri tangazo rirareba cyane abanyarwanda n’abarundi batemberera mu gihugu cya Kenya, kubera ko Kenya yagiranye amasezerano na leta y’u Rwanda mu rwego rwa « intelligence cooperation » (ubutasi), bituma ubu muri Kenya hajagata abamaneko benshi ba DMI, cyane cyane […]