Ikibazo cy’abantu ibihumbagiza bari kuborera muri za gereza kandi barengana, cyari gitumye ministre Fazil Harelimana ufite amagereza mu nshingano ze na ministre w’ubutabera Johnston Busingye bafatana mu mashati, kubera ubwumvikane buke k’umuntu ugomba kubazwa impamvu hari abantu barengana bamaze imyaka muri zagereza, ariko ntibafungurwe. Nimwiyumvire uko bateranye amagambo mu majwi dukesha Radio Ijwi ry’Amerika: […]